Igihugu cya RD #Congo kimaze imyaka 30 muntambara yahitanye inzirakarengane zigera kuri Million 20 nkuko biheruka gutangazwa na Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika #Trump ,arikumwe na Perezida @PaulKagame w’u #Rwanda na Perezida Felix #Tshisekedi wa Congo mugusinya ka intambara.
Muri iyimyaka 30 y’intambara ishingiye kubusahuzi bw’umutungo kamere wa #Congo,ibihugu by’amahanga ku isongo ubutegetsi bwa #Kagame byakunze gukoresha abaturage ba Congo nkurwitwazo rwo kwinjira muri ikigihugu.
Uyumunsi turaganira nabamwe mubanyecongo banze kuba ibikoresho mugusenya igihugu cyabo. Turarebera hamwe aho urugamba rwabo rugeze n’amasomo Abanyarwanda bifuza impinduka twakuramo.
Ni Sambiri z’umugoroba ku isaha yo mu #Rwanda mukiganiro #Twitegure_Impinduramatwara .
Ntimucikwe!

22









