Uwahoze ari minisiteri w'intebe wa
#Israël (2021-22)
#Naftal Bennet yeruye nawe avugira kuri television y'abayahudi yitwa
#Channel12 ko igihugu cye kirimo gutsindwa.
Kuwa 24.03 nibwo bwambere yagaragaye Meya w'umujyi wa ahitwa
#Moshav Margaliot witwa
#Eitan Davidi ataka, arira a
#nethanyahu niba bufashoboye kurwana bwamanika amaboko intambara igahagarara".
Nyuma yuyu haza haza undi mu meya wo mumujyi wa
#KIRYAT SHIMONA. Nawe avuga ko "abaturage baho barimo gupfa cyane kubera ko ubwirinzi budakora neza ark n'impuruza nazo ziranga nibura amasegonda 10" yo kuba wageze mubwihisho".
None
#Bennet nawe "Ntabwo turimo gutsinda, ubutegetsi bwa
#Netanyahu burimo gutsindwa haba muri
#Iran ndetse na
#Hezibollah ".
Ese ubona Arinde urimo gutsinda muri iy'intambara arundel urimo gutsinda? Izarangira ite?